Imyidagaduro
Amashusho arimo imibyinire idasanzwe y’abana ba ShaddyBoo akomeje kuvugisha abatari bake.

Amashusho y’abana ba ShaddyBoo babyina mu buryo budasanzwe akomeje gutangarirwa n’abatari bake ku mbugankoranyambaga. Muri aya mashusho ShaddyBoo yagaragaye ari kumwe n’abana be babiri b’abakobwa, uko bigaragara aba abatoza kubyina imbyino zigezweho ariko ubonako ari muburyo budasanzwe.
Aba bonye aya mashusho kuri Instagram bati “hahiye koko!”, abakurikirana uyu mugore abenshi bagiye bamushimira ko abana be atangiye kubigisha nkibyo asanzwe akora, nyamara hari n’abagiye bamunenga bavugako bidakwiriyeko nk’umubyeyi yatoza abana be b’abakobwa ngo bakore nkibyo yirirwa yigaragazamo bavugako yaba ari amahitamo mabi kuribo nk’abana.
Mubatanze ibitekerezo harimo uwagize ati “kwigisha abana bangana gutya gukora nkibyo ukora kandi uziko bidashimwa na benshi, ni amakosa ndetse uri kubahemukira kuko si amahitamo yabo, ibaze hari uwari kuzaba umuvugabutumwa muribo, ubu ntiwa umwiciye amayira”
Comments
0 comments
-
urukundo19 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima20 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda12 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
Hanze8 hours ago
Umusore mukuru arashakisha akana k’agakobwa batahanye ubukwe bambariye abageni cyera|abantu byabatunguye
-
Ikoranabuhanga12 hours ago
Abakoresha WhatsApp kababayeho nimutitonda!
-
inyigisho18 hours ago
Amwe mu makosa akomeye abakobwa b’ingarugu bakunze gukora akaba yabaviramo kugumirwa barebye nabi.
-
Mu Rwanda8 hours ago
Biratangaje:amaze imyaka 20 yose angana gutya||ntiwamenya ko ari umukobwa kubera uburyo akinamo umupira.
-
Mu Rwanda8 hours ago
Agahinda n’urwibutso Samantha afitiye umwana we uherutse kwitaba Imana