in

Amakuru mashya kuri Dogiteri Nsabi na Bijiyobija bakoze impanuka ikomeye

Abanyarwenya Dogiteri Nsabi na Bijiyobija bamaze kuva mu bitaro bari barwariyemo nyuma yo gukora impanuka.

Iyi mpanuka yabereye mu muhanda Musanze-Kigali, aho bageze mu Kivuruga mu Karere ka Gakenke, imodoka barimo iragwa bahita babihutana mu bitaro bya Nemba.

Dr Nsabi afanira na Kigali Today dukesha iyi nkuru, yavuze ko bamaze kuva mu bitaro, ati “Twavaga i Musanze twerekeza i Kigali dukora impanuka, twakomeretse ariko bidakabije. Twaraye mu bitaro bya Nemba ariko ubu turatashye, ni amahoro”.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mafoto urubyiruko rwa EAR Paruwasi ya Remera rwasuye Urwibutso rwa Ntarama

Umunyamakuru wa RBA, Axel Rugangura yahishuye amakuru y’ikipe iribukomeze hagati ya Bugesera FC na Rayon sports