in

Amakuru atari meza yihutirwa kuri Kanye West watandukanye na Kim Kardashian

Umuraperi Kanye West watandukanye na Kim Kardashian ari mu marira menshi nyuma y’uko uruganda rwa Balenciaga ruzwiho imyambaro n’inkweto rwahagaritse amasezerano yose y’imikoranire rwari rufitanye na Kanye West.

Uru ruganda rwahagaritse amasezerano na Kanye West, nyuma y’igihe gito agaragaye mu birori bya Paris Fashion Week yambaye imyambaro yanditseho amagambo ya “White Lives Matter”.

Gusesa amasezerano hagati ya Balenciaga na Kanye West byemejwe na Sosiyete y’imideli ya Kering Group iyobora Balenciaga.

Kanye West yashoye miliyoni enye z’amadorali y’Amerika mu mikoranire ya Balenciaga yari imaze amezi 12, ibi byabaye muri 2022.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abasore b’ikipe ya Mali bagiye gukina n’amavubi igihagararo cyabo cyavugishije benshi(Amafoto)

Yihaye ibyo kunywa inzoga nyinshi arara mu kiraro cy’inka bucya yapfuye