in

Uyasangize abandi! Amakuru ashimishije ku bakunzi b’ifiriti bari kwitegura iminsi mikuru

Abahinzi b’Ibirayi mu Murenge wa Nyabimata mu Karere ka Nyaruguru, barishimira umusaruro utubutse w’Ibirayi barimo kubona muri iyi minsi ya mbere yo gutangira gusarura.

Abarimo gusarura ni abahinze mbere mu ntangiriro z’ukwezi kwa Munani abandi nabo baritegura gusarura neza mu bihe bya Noheri.

Kuri ubu i Nyabimata ikiro cy’Ibirayi kiragura amafaranga 300 ndetse hari n’aho birimo kugura 250.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Habaye impanuka ikomeye cyane aho imodoka 7 harimo n’ifite ibirango bya Uganda ndetse na za moto byagonganye, abantu barapfa abandi barakomereka – videwo

Amakuru atari meza ku munyarwenya Nyaxo ni uko afungiye mu gihugu cy’uburundi ndetse birakekwa naho yafatiwe