in ,

Amagambo Cristiano Ronaldo yavuze ku mubano we na Lionel Messi yatunguye benshi cyane cyane abacyekaga ko ari abanzi

Nyuma y’imyaka igera muri 10 Cristiano Ronaldo wa Real Madrid na Lionel Messi wa FC Barcelone barifatiye ruhago ku ruhando mpuzamahanga kubera ukuntu basimburana ku bihembo by’umukinnyi witwaye neza buri mwaka,nyamara Ronaldo ntago ari ko we abibona.

Mu kiganiro yagiranye na televiziyo ya Real Madrid,CR7 yagize ati “Ntago njye mpanganye na Lionel Messi.Kuko twakinnye mu gihe kimwe.Ndishimye ko nkinira ikipe ya mbere kw’isi kandi ko nshobora gukina ku rwego rwo hejuru.Ibindi tuzabireba mu myaka iri imbere.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Igisabo yahuye n’uruva gusenya mu marushanwa ya Miss Earth nubwo yiyerekanye atambaye bikini (amafoto)

Abakunzi b’umuhanzi The Ben bababajwe bikomeye n’inkuru(inkuru irambuye)