in

Amag The Black yatsindiye ibihumbi 25 by’amafaranga yu Rwanda abikuye kuri Young Grace

Umuhanzi w’umuraperikazi Abayizera Grace uzwi muri muzika  ku mazina ya Young Grace kuri uyu wa gatanu tariki ya 21 Ukwakira yashyize hanze ikibazo maze avuga ko umuntu uri bugisubize ari bumuhe amafaranga ibihumbi 25 by’amanyarwanda.

Yabajije ati ni hagire umuntu umbwira izina ry’umuhanzi uririmba indirimbo wo mu gihugu cy’Ubushinwa avuga ko uri bibikore ari bwegukane y’amafaranga ibihumbi 25 by’amanyarwanda.

Umuraperi mugenzi we Amani Hakizimana uzwi muri muzika ku mazina ya Amag The Black yahise aza maze aramusubiza amubwira izina ry’umuhanzi wo mu Bushunwa avuga Jackie Chan usanzwe ari icyamamare muri filime.

Gusa Young Grace yaje kutabyemera maze Amag The Black ahita amaha link y’indirimbo ye maze Young Grace ahita yemera maze amwaka nimero ye amubaza n’amazina ibaruyeho maze amubwira ko ari Hakizimana Amani maze Young Grace amwoherereza ya mafaranga ibihumbi 25 by’amanyarwanda

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Israël Mbonyi yahaye ubutumwa abana bakoresha telefone iyo ababyeyi babo bari kubagira inama

Miss Mutesi Jolly yarikocoye nyuma yo kubona inzu Alliah Cool yujuje