in

Amafoto y’uko imodoka ya Depite Frank Habineza yangiritse nyuma yo kugongwa na Howo yari itwaye amabuye

Ku munsi w’ejo abadepite barimo Depite Dr Frank Habineza, Depite Germaine Mukabalisa na Manirarora Annoncée bakoze impanuka ariko ntiyagira uwo ihitana.

Impanuka yabereye mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Gahanga imbere ya Sitasiyo ya Merez. Izi ntumwa za Rubanda zari zigiye mu kazi mu Karere Ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba.

Dr Habineza yavuze ko bahise bajyanwa mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal ariko bose bahita bataha. Ku rundi ruhande avuga ko ababara mu gatuza kandi ko hari mugenzi we wababaye cyane.

AMAFOTO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakunzi b’ifiriti i Kigali ubu baramwenyura: Igiciro cy’ibirayi mu mujyi wa Kigali gikomeje kumanuka muri izi mpera z’umwaka

“Uracyari gushaka guhinduranya abagabo nk’uhinduranya imyenda” Bijoux wo muri Bamenye akojeje agati mu ntozi abaza abagabo ikibazo kimuzengereje maze bamuha ikinyarwanda koko -AMAFOTO