Aya mafoto ubona hano yafashwe mu myaka ijana ishize,gusa afite ubusobanuro mu buzima bw’abantu,ndetse ntazibagirana
Indamukanyo abenshi bakora ubu yo gushyira ikiganza ku mutwe (isaruti) yari izwi nk’iyinzego za gisirikare ariko aha ni mu mwaka w’1936 aho yakorwaga na Jesse Owens nyuma yo kwanikira abandi basiganwaga.
Ubwo intambara ya kabiri y’isi yaganaga ku musozo ,uyu mwana w’umuyapani yafotowe ahagaze kuri attention azanye murumunawe wari umaze kumupfira mu mugongo.
Ifoto y’umusirikare wo muri Iraki wahiriye mu modoka ubwo yageragezaga kuyisohokamo,nimwe mu mafoto agaragaza uburemere bw’intambara aho iva ikagera,nyiri ukuyifata Kenneth Jereck yavuze ko iyo atayifata abantu bameze nk’ababyeyi be bari kugira ngo intambara nimwe babona mu makuru kuri tv
Gustav imbunda iremereye yakoreshejwe ku rugamba mu mateka y’isi hari mu mwaka w’1941,yari yarubakishijwe na Adolf Hitler
Barack Obama na bagenzi be bakinanaga Basketball muri Hawaii High School
Mu mwaka w’1936 ubwo amatwara ya Nazi yarakarishye mu Budage ,bari bafite indamukanyo yayo,umunsi umwe bateranye umugabo umwe yaze kuyikora mu bihumbi by’abanazi.
Mu mwaka w’1962 umu Monk witwa ThÃch Quang Duc wo mu gihugu cya Vietnam twitse kugeza avuyemo umwuka akaba yaragaragazaga ko idina rya Budhism naryo rikwiye guhabwa umwanya rikumvwa
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.
DisagreeAgree
I allow to create an account
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.
Comment:izo pic za amber rosa zirarenze