in

Amafoto asekeje y’ibyamamare byagiye bifotorwa bititeguye.

 

Muri iki kinyejana ubuzima bw’Ibyamamare ahanini buri kugaragarira mu mafoto cyane, nubwo rero byitwararika iyo biri ku itapi itukura cyangwa mu ruhame hari ubwo bifatwa n’amarangamutima cyangwa se bikaba ngombwa ko bigaragaza ibyiyumviro bikoresheje ibice by’umubiri cyane cyane amaso,umunwa ,gukambya impanga,ururimi,,,n’ibindi.Iyo bigenze gutyo rero n’ubundi abafotora ntabwo bacikanwa.

Hano YEGOB yakuzaniye urutonde rw’abastar,kuva kuri Drake,Rihanna,kugeza kuri Beyonce…n’abandi  bagiye bafotorwa bagaragaje amarangamutima nk’uko nawe  ujya ubikora buri munsi.mu by’ukuri ushobora kuvuga ko batari biteguye ariko harimo ababikoze babishaka nka Alicia keys,Nicki Minaj,Ariana Grande. ndetse ariko ashobora kutagusetsa gusa ikigaragara n’uko amafoto nk’aya y’ibyamamare agaragara gacyeya mu buzima kuko akenshi bifotorwa byiteguye kandi byategujwe.

  1. Rihanna
  2. Katy Perry
  3. Justin Bieber
  4. Nicki Minaj
  5. Selena Gomez
  6. Rita Ora
  7. Ariana Grande
  8. Drake
  9. Cara Delevingne
  10. Kim Kardashian
  11. Miley Cyrus
  12. Alicia Keys, Beyonce na Nicki Minaj

13.Beyonce

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mugihe Isi yose itegereje ibiva mu matora yo muri USA ,Lady Gaga na Rihanna bagize icyo batangaza.

Ibintu bitangaje utazi imbwa yihariye.