in

Agezweho muri Siporo: APR FC yasinyishije rutahizamu mushya w’umunyamahanga

Agezweho muri Siporo: APR FC yasinyishije rutahizamu mushya w’umunyamahanga.

Ikipe ya APR FC ihagaze neza muri shampiyona y’u Rwanda ndetse no mu mikino y’igikombe cy’Amahoro yamaze gusinyisha rutahizamu mushya w’umunya Cameroon wataka aciye mu mpande witwa Soulei Sanda wari amaze iminsi mu igeragezwa muri iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu.

Uyu musore wagaragaje ubuhanga bwe ubwo ikipe ya APR FC yari mu irushanwa ry’igikombe cya Mapinduzi Cup byatumye ahabwa amasezerano y’imyaka ibiri akinira APR FC nk’uko Igihe dukesha iyi nkuru cyabitangaje.

 

 

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 11 Rayon Sports ishobora gukoresha uyu munsi barimo abo benshi bari barakuyeho amaso

Yageze i Kigali! Umuvugizi wa Rayon Sports, Robben NGABO yagiye kwakira ku kibuga cy’indege i Kanombe umutoza mushya waje muri Gikundiro – AMAFOTO