in

Abantu batunguwe n’umugabo w’imyaka 29 utarabyaye na rimwe wifungishije burundu kubera ko adashaka abana

Abakoresha imbuga nkoranyambaga batunguwe n’umugabo wimyaka 29 wahisemo kwifungisha burundu avuga ko adashaka kuzagira abana mu buzima bwe.Uyu mugabo bivugwa ko yatandukanye n’umugore we batabyaranye yashyize kuri twitter icyemezo kugaragaza ko yamaze kwifungisha burundu (vasectomy)ndetse ko bimunejeje cyane kuko nta mwana akeneye.

Uyu mugabo ukora akazi ko gufutora abantu, yashimiye buri umwe wese wamugiriye inama ndetse akamufasha muri iki gikorwa cyo kuboneza urubyaro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yasambanyaga abana b’umugore we babanaga mu rugo rumwe

Umunyamakurukazi Cyuzuzo yakebuye abakobwa baha abakunzi babo impano zirimo amasengeri n’amasogisi gusa