in ,

“Abakinnyi bakutse amenyo mujye mubitondera kuko baba bafite ibanga”: Abakinnyi b’ikipe ya Gaadiidka FC izakina na APR FC bakomeje kuvugisha benshi kubera imiterere yabo itamenyerewe ku bandi bakinnyi -AMAFOTO

“Abakinnyi bakutse amenyo mujye mubitondera kuko baba bafite ibanga”: Abakinnyi b’ikipe ya Gaadiidka FC izakina na APR FC bakomeje kuvugisha benshi kubera imiterere yabo itamenyerewe ku bandi bakinnyi.

Ikipe ya Gaadiidka FC yo mu gihugu cya Somalia niyo izacakirana n’ikipe ya APR FC yo mu Rwanda mu mikino ibanza ya CAF Champions League aho imikino ibiri yose izabera kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo, aba bakinnyi bahagurutse Mogadishu baza i Kigali gukina na APR FC.

Amafoto:

Bimwe mu bintu abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aba bakinnyi ba Gaadiidka FC:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Umutwe umwe wigira inama yo gusara”: Kapiteni w’Amavubi Niyonzima Haruna ntakurya indimi yatangaje amagambo adasanzwe abantu batigeze bumva ku mutoza Carlos Alós Ferrer 

Burya koko bari bafitanye amasinde! Kapiteni Haruna yavuze ikintu gikomeye yapfaga n’umutoza Carlos Alós Ferrer uherutse gusezerena mu Mavubi