in

Aba-Rayon bahise bikangamo! Abakinnyi 11 APR FC izajya ibanza mu kibuga bakanze abafana b’andi make yo mu Rwanda

Aba-Rayon bahise bikangamo! Abakinnyi 11 APR FC izajya ibanza mu kibuga bakanze abafana b’andi make yo mu Rwanda.

APR FC yaguze abanyamahanga barimo umunyezamu Pavelh Ndzila ukomoka muri Congo Brazaville, abanya-Cameroun babiri Joseph Apam Assongue na Salomon Charles Bienvenue Banga Bindjeme, umugande Taddeo Lwanga, umurundi Nshimirimana Ismaïl Pitchou ndetse n’umunya-Sudani, Sharif Shaiboub.

Tugiye kurebera hamwe abakinnyi 11 APR FC ishobora kuzajya ibanzamo ariko hagendewe ku marushanwa Nyafurika, ni mu gihe muri shampiyona abanyamahanga nibakomeza kuba 5, hari abazajya bicara.

Dore 11 APR FC ishobora kuzajya ibanzamo

Umunyezamu – Pavelh Ndzila

Omborenga Fitina

Niyomugabo Claude

Salomon Charles Bienvenue Banga Bindjeme

Niyigena Clement

Taddeo Lwanga

Nshimirimana Ismaïl Pitchou

Joseph Apam Assongue

Ndikumana Danny

Sharif Shaiboub

Victor Mbaoma

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abayoboje inkoni y’icyuma: Urutonde rw’abatoza 10 bayoboye abandi muguhembwa agatubutse ruyobowe n’umugabo urashwa ibigwi nabo ayoboye (Urutonde)

Ntibisanzwe: Umukinnyi wa film hano mu Rwanda, yashyize amashusho hanze ari gufatanya n’imbwa kubara amafaranga – AMASHUSHO