in

Umunyamakurukazi ukomeye kuri Radiyo mu Rwanda yasabwe aranakobwa (Amafoto)

Umunyamakuru kazi ukomeye mu biganiro by’imyidagaduro kuri radiyo ya Kiss FM, Cyuzuzo Jeanne d’Arc yasabwe anakobwa n’umukunzi we Thierry Eric Niyigaba.

Ibi byabaye kuri uyu Gatandatu tariki ya 5 Ugushyingo 2022, aho habayeho umuhango wo gusaba no gukwa Cyuzuzo Jeanne d’Arc.

Uyu muhango ukaba wabereye mu Magepfo y’u Rwanda mu Karere ka Huye ahazwiccyane nk’i Butare.

AMAFOTO:

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Mu myambaro y’ikipe ya Rayon Sports ihere ijisho uburanga bw’abakobwa bitabiriye umukino iyikipe yahuyemo na Sunrise(Amafoto)

Myugariro wa Rayon Sports nyuma yo kutabona amahirwe ya gukinira Amavubi u Burundi bwahise bumwegukana

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO