Ku munsi w’ejo Nizzo n’umukunzi we Yvette bakoze gashya ubwo amafoto yabo yajya ahagaragara bari gusomana byacitse.
Nizzo na Yvette ni bamwe muri Couple zimaze igihe kitari igito muri Showbiz Nyarwanda kuko ubu hashize igihe kirenga umwaka bimenyekanye ko aba bombi bakundana.
Iyi Couple ya Nizzo na Yvette yakomeje kugenda igaragaraho udukoryo twinshi gusa amafoto yabo yasohotse ejo yo yari rurangiza kuko bagaragara barimo kunyungutana iminwa (bario gusomana) ndetse kugeza ubwo iminwa ya Nizzo yahindutse umutuku yashaka no kubihisha bikanga.


Mind your business MF