Imyidagaduro
Umuhanzi Audy Kelly yasohoye indirimbo y’urukundo injyanye n’ibyamubayeho :( +VIDEO)

Uyu musore ni umuhanzi ikindi akaba umunyarwanda,  amazina ye akaba ari Audace Munyangango amazina y’ubuhanzi akaba ari Audy Kelly yatagiye muzika mu mwaka wa 2011 akaba yaramenyekanye ku ndirimbo yise <<ndakwitegererza>> Akaba yaramaze igihe kitari gito asa nk’uhagaritse umuziki we  ariko nyuma yo gusoza kaminuza ye muri kaminuza ya CBE mu binjyanye n’icugamari n’imenyekanisha nibwo kogera kugaragaza indirimbo ye shya yise “UBYUMVE “
Iyi ndirimbo yise ubyumve n’indirimbo twakwitako ari inkuru mpamo yakoze agendeye kubyamubayeho ariko azagusanga ari rusage kuri buri muntu wese ko byamubaho niko gufata iyambere asagiza abandi ubwo butumwa kubakunzi be akandi iyi ndirimbio ikaba iri kuri album nshyashya ye agiye gushyira hanze .
Umusore Audy Kelly yakomeje adutangariza ko kuririmba kwe akunda kuririmba kubinjyanye n’urukundo kandi asaga ariho yisanga cyane kuva mu myaka itandatu (6) ishize aririmba ariho yagiye yisanga bityo n’abantu bakamukunda bitewe n’uburyo aririmba ndetse n’ubutumwa akunda gutanga mu b’ihangano bye
Ubutumwa yifuje ko duha abakunzibe ni uko yogeye guhagurutsa impano ye icyamuzirikaga cyaragiye gusa akaba asaba abakunzi be kumuba hafi
   AMASHUSHO Y’INDIRIMBO  “UBYUMVE BY AUDY KELLY”
https://www.youtube.com/watch?v=DbgalABkG-U
-
Imyidagaduro18 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Imyidagaduro14 hours ago
Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu myidagaduro yifurije isabukuru nziza y’amavuko umukobwa bitegura kurushinga
-
inyigisho20 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro15 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.