Abayizera Marie Grace[Young Grace] ni umwe mu bahanzikazi bo mu Rwanda bakora Hip Hop aherutse gushyira hanze amajwi y’indirimbo bise ‘Ubwana bwanjye’ afatanyije n’umuraperi Ama G The Black.Mu gitero cye, Grace avuga ko mu bwana bwe hari abahungu benshi yahobagije/yagiye atendekana. ariko uwo avuga muri iyi video we ngo yamuhaye ubusugi bwe :
Young Grace ati ” Ntakaza ubusugi nanasomana n’umuhungu bwa mbere bwari ubwana”

Subscribe
Login
0 Comments
Oldest