in

“yoo Imana imuhe umugisha disi” Hamenyekanye akayabo k’amamiriyoni Davido yatanze ari gufasha abana b’imfubyi

“yoo Imana imuhe umugisha disi” Hamenyekanye akayabo k’amamiriyoni Davido yatanze ari gufasha imfubyi

Davido yatanze miliyoni 237 z’Amanayira angana na Miliyoni 350 y’u Rwanda) mu bigo by’imfubyi 424 mu gihugu hose abinyujije muri Fondasiyo yashinze yitwa David Adeleke.

Nk’uko Davido yabitangaje ngo ntabwo yageze kuri iki gikorwa wenyine, ashimangira ko iyi nkunga yakusanyijwe binyuze mu misanzu yatanzwe n’abantu ku giti cyabo ndetse n’ubufatanye mu nzego zitandukanye mu turere tw’igihugu, ndetse ashimira abamuteye inkunga bose.

Davido Adeleke Foundation, DAF yashinzwe na Davido nyuma yo kwegera izindi nzego zifasha Abanyanijeriya batishoboye.

Davodo ni kenshi yagiye yumvikana mu bikorwa byo gufasha abatishoboye ndetse ibi bigashimisha bamwe mu bakunzi be kubera umutima we wo gufasha agira.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Barangajwe imbere na Alliah Cool! Itsinda rya Kigali boss boss babes rigizwe n’abagore b’ikimero kandi batunze agatubutse bazasusurutsa abazitabira igitaramo gikomeje kugarukwaho cyane i Kigali

Burya koko ineza uyisanga imbere: Umuhanzi Davido yahaye akayabo k’amafaranga umukobwa wakoze igikorwa cy’ubunyangamugayo