in

Burya koko ineza uyisanga imbere: Umuhanzi Davido yahaye akayabo k’amafaranga umukobwa wakoze igikorwa cy’ubunyangamugayo

Burya koko ineza uyisanga imbere: Umuhanzi Davido ukomeye cyane mu gihugu cya Nigeria yahaye akayabo k’amafaranga umukobwa wakoze igikorwa cy’ubunyangamugayo.

Umuhanzi Davido uri kwisonga mu muziki w’Afurika yahaye ishimwe rya miliyoni 11 umukobwa witwa Kekwaaru Ngozi wari asanzwe ari umukozi muri hoteli ya Eko hotel & Suites yo muri iki gihugu cya Nigeria ni nyuma y’uko uyu mukobwa asubije umukiliya miliyoni zirenga 71 z’amafaranga y’u Rwanda yari yibagiriwe muri iyo hoteli.

 

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“yoo Imana imuhe umugisha disi” Hamenyekanye akayabo k’amamiriyoni Davido yatanze ari gufasha abana b’imfubyi

Kirazira kikaziririzwa: Mugore dore bimwe mu byo utagakwiye guhakanira umugabo wawe kuko abifitiye uburenganzira busesuye 100%