in

Yanze agasuzuguro! Amakuru mashya ari bwakirwe neza n’abafana ba Rayon Sport

Uwari umuyobozi w’akanama Nkemurampaka muri Komite Nyobozi ya Rayon Sports Patrick RUKUNDO yeguye kuri uyu mwanya nyuma y’uko amafoto ye yambaye umwambaro wa APR FC, atakiriwe neza n’abakunzi b’iyi kipe.

Yemereye bbfmumwezi dukesha iyi nkuru ko yeguye kugira ngo atange umutuzo.

Ubusanzwe Patrick RUKUNDO afite ibikorwa by’ubucuruzi bitandukanye mu mujyi wa Kigali.

Ni umufana ukomeye w’iyi kipe unayifasha kenshi, akaba yaranabaye umubitsi mu gihe cy’imyaka 2 kuri Komite ya Gacinya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Davido yaje nk’impanuka itunguranye (videwo)

Uko Ngabo Calvin uzwi nka Young CK yapfuye byamenyekanye – Imana imwakire mu bayo