in

Yamen Zelfani yaciye amazimwe yanga guhisha Al Hilal Benghazi atangaza icyo arimo kubwira abakinnyi ba Rayon Sports kigomba kubageza mu matsinda

Yamen Zelfani yaciye amazimwe yanga guhisha Al Hilal Benghazi atangaza icyo arimo kubwira abakinnyi ba Rayon Sports kigomba kubageza mu matsinda

Umukino ugomba guhuza ikipe ya Rayon Sports na Al Hilal Benghazi watangiye gushyuha nyuma y’ibyo umutoza wa Rayon Sports yatangaje ndetse nibyo Al Hilal Benghazi yakoreye Gikundiro.

Kuri uyu wa gatanu ikipe ya Rayon Sports binyuze mu mutoza ndetse na Kapiteni Rwatubyaye Abdul bagiranye ikiganiro n’itangazamakuru batangaza uko biteguye uyu mukino ndetse nicyo basaba abafana babo babitezeho gusezerera Al Hilal Benghazi.

Umutoza Yamen Zelfani yagarutse kuri byinshi ndetse atangaza ko ikipe ya Rayon Sports ihagarariye u Rwanda kuko ngo nibasha kugera mu matsinda biraba ari ishema ry’u Rwanda ndetse anasaba abanyarwanda benshi kuzabashyigikira.

Muri iki kiganiro Yamen Zelfani utoza Rayon Sports yaje gutangaza ko abafana babo bafitiye icyizere ikipe yabo ariko uyu mutoza atangaza ko arimo kwibwira abakinnyi ko kugirango bagere mu matsinda bagomba kubikorera kuko ngo uyu mukino urakomeye cyane.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibi byo aba-Rayon barabyakira gute! Al Hilal yakumiriye ikitwa umu-Rayon ndetse n’igisa nkawe ku mukino ifitanye na Rayon Sports

Benshi bahora bifuza gusarura imbuto yateye ku matako ye, kunda ye no hagati y’amabere ye ! Ubwiza n’imiterere bya Jowy bikomeje kuzonga benshi bigatuma bamwe bata ingo zabo