in

Benshi bahora bifuza gusarura imbuto yateye ku matako ye, kunda ye no hagati y’amabere ye ! Ubwiza n’imiterere bya Jowy bikomeje kuzonga benshi bigatuma bamwe bata ingo zabo

Benshi bahora bifuza gusarura imbuto yateye ku matako ye, kunda ye no hagati y’amabere ye ! Ubwiza n’imiterere bya Jowy bikomeje kuzonga benshi bigatuma bamwe bata ingo zabo.

Umuhanzi kazi ukomoka mu gihugu cya Uganda, Jowy Landa akomeje kuza kwisonga mu bakobwa bakurura abagabo cyane kubera ubwiza bwe n’imiterere ye.

Uyu mukobwa w’imyaka 22 ya mavuko, akora umusiziki ndetse yarawihebeye, yaririmbye zimwe mu ndirimbo zakunzwe cyane harimo nka Wire wire, Nyumirwa, Nawe, n’izindi nyinshi.

Uyu mukobwa bimwe mu bintu bimwongerera ubwiza bigatuma benshi bamukunda ni tatowaje afite ku itako, ku nda, ndetse no hagati y’amabere.

Amafoto.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yamen Zelfani yaciye amazimwe yanga guhisha Al Hilal Benghazi atangaza icyo arimo kubwira abakinnyi ba Rayon Sports kigomba kubageza mu matsinda

Niwe mu miss w’u Rwanda waciye ibintu ku isi hose! Ubwiza bwa Miss Rwanda wa 2014 bwazonze benshi mu gihe ke kugeza nanubu