in

Ibi byo aba-Rayon barabyakira gute! Al Hilal yakumiriye ikitwa umu-Rayon ndetse n’igisa nkawe ku mukino ifitanye na Rayon Sports

Mu mukino ubanza mu ijonjora rya Kabiri rya CAF Confederation Cup uzaba ku Cyumweru tariki 24 Nzeri 2023, Al Hilal Benghazi izakirira Rayon Sports kuri Kigali Pele Stadium.

Al Hilal Benghazi yanze ko abafana binjira mu kibuga ndetse kandi yanga ko umukino uzaca Live kuri TV iyariyo yose.

Iyi kipe ya Al Hilal Benghazi na CAF bemereye Rayon Sports abantu 25 Gusa batari mu bakinnyi n’abatoza.

Kugeza Ubu iyi kipe ntabwo iremerera abanyamukuru kuzakurikira uyu mukino, List irakorwa baze kwemera abo bashaka (Bake).

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Muri Murera imyiteguro irarimbanyije! Urutonde rw’abakinnyi 22 umutoza Yamen Zelfani wa Rayon Sports yahisemo ku jyana mu mwiherero bitegura gucakirana na Al Hilal Benghazi

Yamen Zelfani yaciye amazimwe yanga guhisha Al Hilal Benghazi atangaza icyo arimo kubwira abakinnyi ba Rayon Sports kigomba kubageza mu matsinda