in

Yakubiswe agirwa intere kubera kwiba ibiro 5 by’isukari

Umusore ukiri muto yakubiswe agirwa intere kubera kwiba isukari ibiri bigera kuri 5 mu isoko, ubwo banyiri kwibwa isukari bamenyaga ko bibwe bafashe uyu musore baramukubita bigera aho bamugira Intera no kugenda biramunanira, aho abaturage baje gutabara umuntu yenda gupfa. Kugeza ubu isukari isigaye iguru umugabo igasiba undi muri iki gihugu cy’u Rwanda, ibyo bikaba biri mu bintu byatumye uyu musore ajya kuyiba ngo ayigurishe kugira ngo yibonere imibereho dore ko ngo kubaho kuri we biba bigoranye cyane.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkumi yihaye kwaka amafaranga umusore wayiteretaga irabizira

Ku nyama ntamikino: Abaturage bataburuye inka yari yatabwe kubera gupfa izize indwara