in ,

Wema Sepetu yahishuye ikintu yashyize ku mubiri we yicuza mu buzima bwe (AMAFOTO)

. Wema Sepetu yatangaje ikintu yicuza mu buzima bwe
. Wema Sepetu ngo hari ikintu yakoze kera ariko iteka kimutera icyasha
. Wema Sepetu yishyizeho Tatoo ku ijosi none yamenye ko kuyikuraho biryana bituma yicuza impamvu yayishyizeho

Wema Sepetu umukinnyi w’amafilime akaba yaranigeze kuba umukunzi w’umuhanzi Diamond Platnumz yashize amanga ahishura ikintu yakoze akiri muto kugeza kuri ubu akaba akicuza.

Wema Sepetu w’imyaka 29 yatangarije itangazamakuru ko ikintu yakoze akiri muto kugeza n’ubu akaba acyicuza kuko kimutera icyasha ngo ni ishusho yishyize ku mubiri(tatuwaje) iri mu ijosi, aho ngo yasabye uwayishushanyaga kuyigira ndende, ariko ngo niba hari ikintu kimubangamira mu buzima bwe none uyu mwari ngo abangamirwa n’iriya tatuwaje imuriho.


Umva uko yavuze ubwo yaganiraga n’itangazamakuru, yagize ati”Nari nizeye gusiba iyi tatuwaje yanjye, ariko narababaye ndetse nabwiwe ko bibabaza kuyisiba, iyo ngira ubushobozi bwo kuyikura ntiyakagaragaye ku mubiri wanjye ukundi.”

Iyo ni yo tatoo yabujije amahoro Wema Sepetu aha akaba yari agikundana na Diamond

Wema Sepetu yabaye miss Tanzaniya mu mwaka wa 2006, uyu mukobwa aheruka gutangaza ko nageza ku myaka 32 nta mwana arabyara azahita yifungisha burundu ku buryo atazigera abyara.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

BITEYE AGAHINDA-Mu magambo yuzuye agahinda n’ishavu Tom Close yatangaje UKURI kwihishe inyuma y’ugusenyuka burundu k’umuziki nyarwanda agira n’icyo yisabira abahanzi

Rayon Sport yasetswe cyane nyuma y’IFOTO yagaragaje umukinnyi wayo yambaye imyenda y’andi makipe menshi icyarimwe nta n’umwe wayo urimo