in

Wa muzungukazi wagaragaye azunguriza idarapo ry’abatinganyi mu rusengero rwa ADEPR ya Nyarugenge yifashishije umusemurira mu kinyarwanda yagize icyo avuga ku byo abantu babonye nta kurya indimi [reba agace gato asobanura ibyabaye]

Wa muzungukazi wagaragaye azunguriza idarapo ry’abatinganyi mu rusengero rwa ADEPR ya Nyarugenge yifashishije umusemurira mu kinyarwanda agira icyo avuga ku byo abanyarwanda bafashe nk’amahano yo kwimika ubutinganyi munzu y’Imana [reba agace gato asobanura ibyabaye]

Aya mashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye abantu batungurwa no kubona idarapo rivuga ubutinganyi rizungurizwa mu rusengero.

Gusa ubwo yisobanuraga yavuze ko adashyigikira ubutinganyi ngo ahubwo biriya yakoze cyari ikimenyetso cyo kwishima ndetse avuga ko idarapo yamanitse mu muco wiwabo ridasobanura ubutinganyi.

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bagiye gupfa bashire! Hamenyekanye igikorwa cy’ubunyamanswa abantu bibagisha ibibuno n’amabere bakorerwa nabo ubwabo batabizi bigatuma badashobora kubaho igihe kinini

Nyuma y’urupfu rwa Paul wamenyekanye mu biganiro bya YouTube, undi muvandimwe we nawe yitabye Imana