in

Wa munyamakuru uherutse kujya mu mahanga akomeje kurya isi ari kumwe n’umufasha we

Mu minsi ishize nibwo twababwiye inkuru yuko umunyamakuru Horaho Axel wakoreraga Radio Fine FM yerekeje muri leta zunze ubumwe za Amerika aho yagiye gusanga umufasha we usanzwe ariho atuye. Kuri ubu Axel  yamaze kugera muri Amerika ndetse akanyamuneza ni kose kuri we ndetse no ku mufasha we.

Kuri uyu wa mbere tariki ya 05 Nzeri 2022, Axel abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yashyize hanze ifoto ye ari kumwe n’umufasha we bigaragara ko aba bombi bafite akanyamuneza kagaragara mu maso yabo maze ayiherekesha amagambo agira ati « My Wife ».

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sam Karenzi yatangaje ikintu gikomeye FERWAFA igomba gukorera umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi nyuma yo kubabaza abanyarwanda

Umuhanzi Christopher yavugishije abafana be nyuma y’ifoto ye yashyizwe ahagaragara