in

Videwo: Keza Terisky nyuma yo kugaragaza ko atwite, yatunguye abantu ari gucuranga igikoresho gakondo biti “Iningiri”

Nyuma y’uko Keza Terisky agaragaje ko atwite, yongeye kugaragara ari gucuranga igikoresho gakondo bita Iningiri.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyizeho iyi Videwo maze arenzaho amagambo yuzuye ubusizi.

Yagize ati “Umunezero w’umubyeyi utangira iyo ubuzima bushya butangiye imbere mugihe ijwi ryumutima muto ryumvikanye kunshuro yambere.

Kandi gukinisha gukina bimwibutsa ko atigeze aba wenyine Ntabwo wigera wumva ubuzima kugeza igihe buzakurira muri wowe
Dufite ibanga mu muco wacu, kandi ntabwo aruko kubyara bibabaza

Ni uko abagore bakomeye Imana ibane naburi mu mama buri ahwari kuko muri inwari sinshobora gutegereza nz nzaba pfite uri kumpamagara Mama nukuri Imana ibane nange aba nsoje uru rugendo kandi ntawakwiringiye ukorwa nisoni.

Reba videwo aho hasi:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC na AS Kigali zinaniwe kwikiranura bishyira Rayon Sport mu nyungu

Amakuru y’inshamugongo ku bafana ba Rayon Sports babeshywe igikombe cya Shampiyona