Bavuga ko ibitangaza bitazashira ku isi , uyu mukobwa w’umuslay queen yasakeje abantu ubwo yahagararaga ahihishe maze agatangira kunyara nk’abagabo azi ko nta muntu urimo kumubona.Ni amashusho yasakajwe ku mbuga za interneti ,aho uyu mukobwa yari yitwaje agakoresho kamufasha gusohora imyanda mu buryo bugezweho ,ku buryo bitamusaba kwicara nk’abagore ahubwo agahagarara nk’abagabo.
Video: Abantu basekejwe n’umuslay queen wafotowe arimo kwihagarika nk’abagabo.

Video Player
00:00
00:00
Subscribe
Login
0 Comments
Oldest