in

Umuhungu n’umukobwa b’imyaka 11 batwitse imbuga nkoranyambaga bashyira hanze save the date y’ubukwe bwabo(AMAFOTO).

Byabaye nk’igitangaza ku mbuga nkoranyambaga ubwo abana babiri, umuhungu n’umukobwa w’imyaka 11 y’amavuko bamenyeshaga ko bafite ubukwe ndetse bagashyira hanze impapuro zirarikira inshuti n’abavandimwe kuzabutaha(save the Date).

Ni amafoto aba bana bivugwa ko bakomoka muri Ghana bashyize kuri Facebook, ndetse agira ibitekerezo bitandukanye byayatanzweho.Aba bana umwe yitwa Julius undi akitwa Anthonia .Mu batamze ibitekerezo basabaga abayobozi gukurikirana ababyeyi b’aba bana ,bigaragara ko ari abanyeshuri bashaka gukora ubukwe imburagihe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakurukazi Tidjara Kabendera yerekanye nyirakuru.

Video: Abantu basekejwe n’umuslay queen wafotowe arimo kwihagarika nk’abagabo.