in ,

Uyu mukinnyi ukomeye cyane uri kwifuzwa na Chelsea,Manchester United,Arsenal na Real Madrid ni umusinzi kabuhariwe ku buryo n’abaganga banze kumufasha

Ibintu bikomeye cyane byavuzwe n’umutoza w’ikipe y’igihugu ya Argentine Jorge Sampaoli wahoze utoza iy’igihugu cya Chili aherutse gutangariza abanyamakuru batatu bo muri iki gihugu ibintu bitangaje cyane ku bakinnyi b’iyi kipe,byatumye benshi bibaza kuri aba basore.

Icyatunguye benshi ni ibintu yavuze ku musore Arturo Vidal,ufite ikibazo cyo kunywa cyane ku buryo yamurangiye abaganga icyo gihe nk’uwari umutoza we nyamara umwe mu baganga akanga gukomeza kumufasha kubera imyitwarire.Akomeza avuga ko Vidal we ubwe,atakwifasha iki kibazo akeneye muganga kabuhariwe.

Uyu mutoza yari yarabwiye abanyamakuru agitoza Chili ko ikipe ye ikeneye ko abakinnyi bayo bahindurirwa imyitwarire bitaba ibyo bazasiba igikombe cy’isi cya 2018 kandi koko niko byagenze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomere amagambo yuzuye kurya iminwa Jose Mourinho yavuze nyuma yo gutsindwa kwa Manchester United

Umutoza ukomeye cyane kw’isi yabujijwe amahoro n’ikipe yamwirukanye iri kumutakambira ngo agaruke nyuma yo kumwirukana nabi cyane