in ,

Isomere amagambo yuzuye kurya iminwa Jose Mourinho yavuze nyuma yo gutsindwa kwa Manchester United

Umukino wahuje ikipe ya Huddersfiled Town yakiriye Manchester United ikayitungura bikomeye iyitsinda ibitego 3-1,nyuma y’imikino myinshi cyane yitwara neza abantu benshi bayibona yateruye iki gikombe cya shampiyona,umutoza wayo Jose Mourinho ntiyabuze kubura icyo avuga kuri iyo ntsinzwi.

Mu kiganiro n’abanyamakuru yagize ati “Itandukaniro ryari hagati y’amakipe yombi nuko imwe yakinnye Champions League hagati mu cyumweru indi itakinnye,twari tubizi ko baraza kuba bameze neza mu mutwe no ku mubiri kuturusha.Ibyavuye mu mukino nibyo byatunguranye cyane.Ntago ndi butunge agatoki Lindelof kuko igitego cya kabiri muri kuvuga ko ari we wagitanze kuko ari ibyo na Mata mwavuga ko yatanze icya mbere,ni ibintu byari kuba no ku bandi bakinnyi rero ntago ndi butunge intoki abakinnyi bamwe na bamwe kuko ikipe yose itari imeze neza nicyo badutsindishije nta kindi.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Diamond ari mu byishimo byinshi nyuma y’aho umwanzi we Ali Kiba nawe atamajwe n’umukobwa yateye inda ushyize hanze amafoto bari mu mashuka

Uyu mukinnyi ukomeye cyane uri kwifuzwa na Chelsea,Manchester United,Arsenal na Real Madrid ni umusinzi kabuhariwe ku buryo n’abaganga banze kumufasha