in ,

Umutoza ukomeye cyane kw’isi yabujijwe amahoro n’ikipe yamwirukanye iri kumutakambira ngo agaruke nyuma yo kumwirukana nabi cyane

NUbwo shampiyona y’Ubwongereza igeze ku mukino wa 9 gusa,nyamara ikipe ya Leceister yarangije kwitandukanya n’umutoza wabo Craig SHakespeare,wari umaze amezi make cyane atoza iyi kipe nyuma y’irukanwa rya Claudio Ranieri wahesheje iyi kipe n’igikombe cya shampiyona mu mwaka wa 2016.Image result for claudio ranieri

Leicester City ikaba yongeye kwifuza uyu mutoza wayihaye igikombe cya shampiyona kandi ubusanzwe yari ikipe irwanira kuguma u cyiciro cya mbere,izina yayihaye akaba ari ryo ikigenderaho nyamara ntibyamubujije kwirukanwa igihe yatangiye kubona amanota macye.Ranieri akaba ari gutoza ikipe ya Nantes yo mu Bufaransa iri ku mwanya wa 3 irushwa na Paris Saint Germain amanota 5 gusa.

 Claude Puel  (Reuters)
Calude Puel

Leicester kandi ikaba iri gucungira hafi umutoza Claude Puel wirukanwe na Southampton saison ishize.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu mukinnyi ukomeye cyane uri kwifuzwa na Chelsea,Manchester United,Arsenal na Real Madrid ni umusinzi kabuhariwe ku buryo n’abaganga banze kumufasha

Ifoto Anita Pendo yashyize hanze yatumye abantu bibaza byinshi ku banyarwandakazi bari gukomeza guta umuco