in

Uwicyeza Pamella ku munsi we w’amavuko yabwiwe amagambo y’urukundo na the Ben maze nawe kwihangana biranga

Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben byitezwe ko akora ubukwe vuba aha na Uwicyeza Pamella, yamuteye imitoma amuhamiriza ko yamwihebeye.

Nyuma y’imyaka igera kuri 5 hatangiye kuvugwa urukundo rwa Uwicyeza Pamella na The Ben, n’ubu ruracyatoshye kandi rwamaze no gutera intambwe ishyira ku kubana akaramata.

Hagati aho The Ben yongeye gushimangira ko yihebeye bikomeye Pamella amwifuriza isabukuru nziza mu magambo asize umunyu agira ati:”Umunsi mwiza w’amavuko gutera k’umutima wanjye.”

Pamella na we amwereka ko byamukoze ku mutima ati:”Uwo dusangiye Roho.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umushoramari yapfiriye muri Lodge (Logi) ari gutera akabariro

Rutahizamu mushya w’ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kugera mu Rwanda yemeje bidasubirwaho ikintu agiye gufasha iyi kipe yabonye imaze igihe yarabuze