in

Uwayezu Jean Fidel yantenze igikorwa abandi bayobozi be bashakaga gukorera abafana ba Rayon Sports bafite agahinda ko kutareba ikipe yabo

Uwayezu Jean Fidel yantenze igikorwa abandi bayobozi be bashakaga gukorera abafana bafite agahinda ko kutareba ikipe yabo

Perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidel, yanze ko abafana b’iyi kipe bakomeza guhendwa mu gihe bashaka kureba ikipe yabo.

Kuri uyu wa mbere cyangwa ejo kuwa kabiri ikipe ya Rayon Sports irashyira ahagaragara ibiciro byo kwinjira ku mukino wo kwishyura wa CAF Confederations Cup uteganyijwe kuri uyu wa gatandatu n’ikipe Al Hilal Benghazi yo mu gihugu cya Libya.

Ubuyobozi bwa Rayon Sports buri gutanga ibitekerezo kuri uyu mukino wo kwishyura bageze ku bijyanye n’ibiciro byo kureba uyu mukino Ku bafana babyifuza, abandi bayobozi bagenzi be bifuje ko umukino bawushyira ku bihumbi biri hagati 7 n’10 ariko Uwayezu Jean Fidel arabyange we ashaka ko uyu mukino washyirwa ku bihumbi 5 gusa kubera ko ngo umukino ubanza batigeze bawureba byaba nko kuborohereza.

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kunganya uyu mukino ubanza yakinnye nkiri hanze, irasabwa gutsinda cyangwa ikanganya ubusa ku busa kugirango ihite yerekeza mu matsinda ya CAF Confederations Cup ku nshuro ya kabiri kuva yashingwa.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bitunguranye ikipe ya APR FC yavunikishije umukinnyi ukomeye w’umunyamahanga hatabayeho imbaraga z’imana ntabwo yazakina umukino na Pyramid FC

Hamenyekanye umukinnyi w’umunyamahanga wa APR FC ukundwa n’abakinnyi bagenzi be kurusha abandi