in

Uwahoze ayobora Rayon Sports yabimburiye abandi bafana kugura itike y’umwaka ifite agaciro ka 1 miliyoni

Munyakazi Sadate n’umuhungu we, babaye aba mbere mu bafana ba Rayon Sports babimburiye abandi kugura itike y’umwaka w’imikino ya Rayon Sports ifite agaciro ka miliyoni 1 Frw.

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 11 Kanama 2022, ni bwo Rayon Sports yamuritse uburyo bwo kugura Itike y’umwaka w’imikino n’ikarita y’Ubunyamuryango.

Uwayezu Jean Fidèle n’umubitsi wa Rayon Sports, Ndahiro Olivier, bahise bagura itike ya “Gold”, igura miliyoni 1 Frw nk’uko byatangarijwe mu kiganiro n’abanyamakuru. Abo bahise bakurikirwa na Munyakazi Sadate n’umuhungu we mu kugura itike y’umwaka wose.

Sadate yaguze itike y’umwaka w’imikino ifite agaciro ka miliyoni 1 Frw, aho yahise ayigurira n’umuhungu we, Ganza Gisa Sadate Junior.

 

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ibyo ntabwo bibareba” Miss Mutesi Jolly yongeye gutanga igisubizo gisekeje ku bantu bamubaza ku bukwe bwe

Icyamamare mu gusiganwa mu tumodoka duto ‘Fomula 1’ Lewis Hamilton ari kubarizwa mu Rwanda (Amafato)