Umunyabigwi ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza wamamaye mu masiganwa y’utumodoka duto (Fórmula 1) ari kubarizwa mu Rwanda.
Umwongereza Lewis Hamilton wamenyekanye muru ‘Fomula 1’ yasuye ingagi zo muri Pariki y’ibirunga iherereye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’u Rwanda.
Uyu mugabo yageze mu Rwanda muri iki cyumweru, aho uyu mugabo yaje mu ibanga rikomeye cyane. Bikaba biteganyijwe ko uyu mugabo azasura ahandi hantu nyaburanga mu Rwanda.



