in ,

Icyamamare mu gusiganwa mu tumodoka duto ‘Fomula 1’ Lewis Hamilton ari kubarizwa mu Rwanda (Amafato)

Umunyabigwi ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza wamamaye mu masiganwa y’utumodoka duto (Fórmula 1) ari kubarizwa mu Rwanda.

Umwongereza Lewis Hamilton wamenyekanye muru ‘Fomula 1’ yasuye ingagi zo muri Pariki y’ibirunga iherereye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’u Rwanda.

Uyu mugabo yageze mu Rwanda muri iki cyumweru, aho uyu mugabo yaje mu ibanga rikomeye cyane. Bikaba biteganyijwe ko uyu mugabo azasura ahandi hantu nyaburanga mu Rwanda.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahoze ayobora Rayon Sports yabimburiye abandi bafana kugura itike y’umwaka ifite agaciro ka 1 miliyoni

Bimwe mu bihe bitandukanye byaranze urukundo rwa Clément na Knowless (Amafoto)