in

Uwahoze ari ikibazo yashyigikiye uri ikibazo muri Manchester United

Umufaransa Paul Labile Pogba yagize icyo avuga ku kuba bavuga ko Cristiano Ronaldo yabaye ikibazo muri Manchester United.

Pogba yagize ati “Ntago Cristiano ari ikibazo muri Manchester United kubera ko iteka Manchester yagiye igira rutahizamu ukomeye.”

Abantu benshi bahise bavuga ko ababaye ikibazo kuri Manchester United bishyize hamwe bakanga ibibarwanya bagashyira hamwe kugira ngo babarwanye.

Pogba kuri ubu arimo gukina mu ikipe ya Juventus aho cristiano Ronaldo yari avuye gukinira naho Cristiano aza muri Manchester United aho Pogba yakinaga.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wa Bijoux yavuze ku byo gutandukana kwabo

Birangiye umukunzi wa Yvan Buravan avuze ibintu bikomeye benshi batari bazi