in

Ururabo rwitwa ‘Penis plant’ rumeze nk’ubugabo rukomeje gusaza abakobwa

Igihingwa kidasanzwe giteye nk’ubugabo, kizwiho kuba gifite impumuro mbi cyabonetse ku mugabane w’uburayi ku nshuro ya gatatu mu mateka.

Igihingwa kizwi ku bimera nka Amorphophallus decus-silvae, bakunze kwita “Penis Plant ” tugenekereje mu kanyarwanda ni “Igihingwa cy’ubugabo”  Umuntu umwe wavumbuye izo ndabyo asobanura impamvu. Irindi jambo ryibi bimera ni “igihingwa cyintumbi” kubera impumuro yacyo iba imeze nkinyama zaboze.

Ururabo rudasanzwe rwaherukaga kugaragara mu 1997 kandi ubusanzwe rukurira mu kirwa cya Java cyo muri Indoneziya, kandi bisaba imyaka irindwi kugira ngo rukure mu bunini bwawo.

Igihe ururabyo rwatangiriye mu Burayi kugera ku burebure bwa metero 1.5, abahanga mu bimera batangaye bavuga ko ibyo byabaye bidasanzwe.

Uru rurabo kandi rukunzwe cyane n’igitsina gore aho usanga bifitoza barufite mu ntoki zabo ubona bafite akanyamuneza. Gusa ariko Leta zimwe na zimwe zo mu Burayi zigenda zibuza aba bakobwa gukora ibi aho bifatwa nko kwikinisha.

Basobanuye ko igihingwa kizwi cyane kubera impumuro yacyo y’ibyaboze, gikurura udukoko nandi masazi hanyuma akajya kwanduza ibindi bimera.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Radio B&B Fm Umwezi ibuze umunyamakuru wayo ukomeye

Ifoto y’umunsi: Umupolisi wo mu gihugu cy’u Burundi yagaragaye ari gusunika imodoka mu muhanda