in

“Urukundo rw’ubuzima bwanjye”-Umunyamakuru Ally Soudy yahishuye byinshi ku mufasha we

Umunyamakuru Ally Soudy wamenyekanye mu biganiro bitandukanye by’imyidagaduro hano mu Rwanda yagize icyo abwira umufasha we.

Ally Soudy wimukiye mu gihugu cy’amerika akaba ariho yibera we n’umuryango we yishimiye imyaka 20 ari mu rukundo n’umufasha Carine.

Urukundo rwa Soudi na Carine rwatangiye mu mwaka 2002 ubwo bose bigaga mu mashuri yisumbuye ndetse kugeza ubu bafitanye n’abana batatu.

Ally Soudy yanyuze kuri instagram ye ahishura ko bishimira imyaka 20 mu rukundo ndetse na 11 bashakanye nk’umugore n’umugabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video; Umugore utwite inda y’amezi 5 yabaye igitaramo nyuma yo gufatwa arimo asambana na Pasiteri wo muri Congo

“Imana yasohoje isezerano “-Umuhanzi Bosco Nshuti ukunzwe n’abatari bake yakoze ubukwe (Amafoto)