in

Uruhinja rw’amezi atandatu rufite amenyo nk’ay’abantu bakuru rukomeje guca ibintu(AMAFOTO)

Uyu mwana ukiri uruhinja akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga, aho abantu benshi bakomeje gutangazwa n’uyu mwana w’amezi atandatu ufite amenyo yose mukanwa nk’umuntu mukuru.

Uyu mwana utaragira n’umwaka umwe kuri ubu afite amenyo yose ndetse hari n’abamurusha imyaka kuri ubu arusha amenyo.

Ababyeyi b’uyu mwana bo muri Liberia, bahamijeko byabateye ubwoba kubona umwana wabo afite amenyo 32 kandi atarageza igihe cyo kumera amenyo.

Aba bonye uyu mwana bavugako ari umuvumo kuri uyu muryango kuko bidasanzwe ko bibaho ko umwana yamera amenyo yose mugihe cy’amezi atandatu.Nubwo abamubonye bavugako ari ubukunguzi, ababyeyi b’uyu mwana bo bavugako nubwo byabateye ubwoba ariko babona ari umugisha kuri bo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Jay Polly agiye kongera kuburana ataragezwa Mageragere

Mu Rwanda hadutse indwara y’inkorora n’ibicurane ikomeje gutera impungenge.