in

“Uretse kudahembwa no kurya ni ikibazo” Umutoza umwe mu Rwanda agaruka ku bukene bwugarije ikipe ye

Amakipe akina shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda akomeje guhura n’ikibazo cy’amakiro ku buryo bigeze naho abatoza bataka Inzara mu makipe yabo.

Ibi byabaye mu mpera z’icyumweru gishize ubwo ikipe ya Etincelles yakinaga na Sunrise FC, Sunrise igatsinda ibitego bitatu ku busa.

Nyuma y’umukino umutoza wa Etincelles yavuze ko ubukene buri mu ikipe atoza bugeze ku rwego batabasha kubona ibibatunga.
Bizumuremyi Radjab yagize ati” Abakinnyi bari mu buzima bubi ,no kujya gukina icyo twanga ni Ibihano bya FERWAFA. Uretse no kudahembwa no kurya ni ikibazo.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wasanga uraho utarabimenya: Menya ibintu umusore uzi ubwenge abayifuza ku mukobwa

Nyuma yo kwitotomba cyane kubera kudahamagarwa mu ikipe y’igihugu, hakomeje kwibazwa impamvu iri gutuma umukinnyi APR FC yagenderagaho ntakintu asigaye afasha iyi kipe mu kibuga