in

“Uramuha agakoraho akiyumvira uko kimeze”: Ikibazo kibazwa cyane n’urubyiruko cyateje impagarara ubwo hari umuntu wabazaga igisubizo cy’ukuri yajya asubiza igihe bakimubajije (Ibisubizo byatanzwe)

“Uramuha agakoraho akiyumvira uko kimeze”: Ikibazo kibazwa cyane n’urubyiruko cyateje impagarara ubwo hari umuntu wabazaga igisubizo cy’ukuri yajya asubiza igihe bakimubajije.

Benshi mu rubyiruko bakunze kubazanya bati “Kiri gute?” bagasubizanya ibisubizo bitandukanye aho hari abasubiza ko ari Fresh cyangwa se neza bitewe n’uko babishaka gusa uwitwa Nana ku rubuga rwa X yatumye bamwe bacika ururondogoro ubwo yagiraga ati:”Ase iyo umuntu akubajije ngo kiri gute umusubiza nguki?”.

Dore bimwe mu bisubizo bagiye bamuha ubwo yabazaga iki kibazo:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yabikoreye munzu: Ikizungerezi Judy yeretse abasore icyo arusha izindi nkumi z’i Nyarugenge amera nk’ukojeje agati mu ntozi kubera ibyo yerekanaga -AMAFOTO

Imiryango isigaye ari inshuti magara! Zari Bosslady wabyaranye na Diamond yagaragaye yahuje urugwiro na Mucyeba we ndetse na Diamond yahuje urugwiro na Musanzire we – videwo