in

Urabe hari utuntu wabitse muri bwaburyo bwa Hakimi ! Umukinnyi ukomeye w’ikipe ya Arsenal yakoze ubukwe n’umukobwa yateye inda

Urabe hari utuntu wabitse muri bwaburyo bwa Hakimi ! Umukinnyi ukomeye w’ikipe ya Arsenal yakoze ubukwe n’umukobwa yateye inda.

Umuzamu w’ikipe ya Arsenal Aaron Ramsdale yasezeranye imbere y’imana n’imbere y’amategeko.

Uyu musore w’imyaka 25 y’amavuko ukomoka mu Bwongereza, yashakanye n’umukobwa w’umwongereza kazi witwa Georgina Irwin w’imyaka 26, usanzwe ari umunyamideri.

Ubukwe bwaba bombi bwabaye kuwa kabiri taliki ya 20/6/2023, ndetse ubu bukwe bwabaye nyuma yuko bari bamaze umwaka umwe, Ramsdale yambitse Georgina impeta ya fiyansaye.

Ndetse bakoze ubukwe nyuma y’ibyumweru bitatu gusa, Georgina yeretse Ramsdale ko amutwitiye.

Ubwo Ramsdale yamenyaga iyo nkuru nziza yarishimye cyane nkuko byagaragaye muri video iri hejuru, ndetse arenzaho amagambo agira ati “Half of me, half of you. Baby Ramsdale.” bishatse kuvuga ngo “igice cyanjye n’icyawe iyo bihuye bibyara Ramsdale muto”. Cyangwa ngo igice cyanjye n’igice cyawe byavuyemo Ramsdale muto.

 

 

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: APR FC uyu mwaka ugiye kuza abafana bayo bakomeze gushyigikira ikipe yabahaye igikombe umwaka ushize

“Ariko iyo agiye kuyijyamo akoresha urwego”: Okkam yagaragaye mu modoka idasanzwe maze abantu baboneraho kumwiha bitewe n’uburyo iyo modoka yareshyaga (video)