in

Umuzungu witwaga Ntuyenabo Michelle yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda muri iki cyumweru [AMAFOTO]

Muri iki cyumweru, Madamu Patricia Ntuyenabo Michelle, yahawe ubwenegihugu, nk’umunyamuryango mushya mu muryango Nyarwanda.

Nyuma y’imihango yo kurahira, Patricia yagize ati: “Kuba umuturage w’u Rwanda bizana icyubahiro no kwishimira.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byari amarira n’agahinda mu muhango wo gushingura Mike La Galette wari umufana w’indani wa Apr Fc n’Amavubi – Amafoto

“Mwabagore mwe mujye mu genda abagabo banyu babarongorere muri lodge ” Umudamu wubatse yagiriye inama abagabo n’abagore bubatse ababwira n’impamvu ingo zabo zisenyuka – videwo