in

Umuzamu mushya wa Rayon Sports yakoze imyitozo ye ya mbere muri iyi kipe (Videwo)

Umuzamu mushya wa Rayon Sports, Ramadhan Kabwili yakoze imyitozo ye ya mbere mu ikipe ya Rayon Sports.

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 18 Kanama 2022 nibwo uyu muzamu yakoze imyitozo ye ya mbere mu ikipe ya Rayon Sports.

Umunyezamu Ramadhan Kabwili yasinye muri Rayon Sports ku wa Gatatu w’iki cyumweru turi gusoza aho yari avuye mu ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania.

Uyu musore afite ubunararibonye buhagije kuko yakinnye Igikombe cya Afurika cy’Abatarengeje imyaka 17, yakinnye kandi CAF Confederations Cup ari kumwe na Yanga SC.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Irene Murindahabi yasabye ikindi kintu cyahinduka nyuma y’imyambarire

“Nasekaga bakuru banjye bafite imyaka 30 batarashaka none ngize 37 ntararongorwa” inkumi iri mu marira