in

“Nasekaga bakuru banjye bafite imyaka 30 batarashaka none ngize 37 ntararongorwa” inkumi iri mu marira

Umukobwa ukora ubushabitsi butandukanye aravuga ko akiri umwana yumvaga ko nta mukobwa wagira imyaka 30 adafite umugabo none amaze kugira imyaka 37.

Uyu mukobwa avuga ko yajyaga yumva ko umukobwa, wese uri muri icyo kigero aba yarabonye umugabo gusa na we yibaza niba hari abandi bakiri bato babitekereza gutyo kuko amaze kugira imyaka 37 atarashyingirwa.

Yavuze kandi ku mahame n’imico bakunze gushakisha mu mugabo, harimo, kuba wubaha Imana, kuba umugabo ari muremure, afite amafaranga bikaba intandaro yo gutinda gushaka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuzamu mushya wa Rayon Sports yakoze imyitozo ye ya mbere muri iyi kipe (Videwo)

Ukuri kose ku byavuzwe ko Kwizera Olivier yarahiriye kuba umuyisilamu kugira ngo yibonere umugati (Videwo)