in

Umunyamakuru Irene Murindahabi yasabye ikindi kintu cyahinduka nyuma y’imyambarire

Umunyamakuru Irene Murindahabi yasabye abayozi no kureba uko bagenza ikibazo cy’ibirayi na mazutu byahenze cyane nyuma yo kuva ku kibazo cy’imyambarjre.

Mu minsi yashize nibwo ikibazo cy’imyambarire idasingiye ku muco n’indangagaciro cyahagurukiwe, aho bamwe mu bagiye babikora batangiye kugezwa mu nkiko.

Irene Murindahabi abonye ko icyo kobazo gitangiye kubonerwa umuti, yahise yisabira abayobozi kwita ku kindi kibazi giteye inkeke cy’ibirayi bihenze ndetse na mazutu.

Irene abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yagize ati: “Ibirayi na Mazutu birahenze rwose nimuva ku myambarire nabyo mubyibuke bayobozi.”

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Buravan yari Umuhungu wange “Ben Kayiranga yasutse amarira imbere ya camera kubera Burabyo(video)

Umuzamu mushya wa Rayon Sports yakoze imyitozo ye ya mbere muri iyi kipe (Videwo)