in

Umuyobozi wa STT yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi Uwimana Jean Marie Vianney, wari umuyobozi wa Super Free to Trade (STT) yakoraga mu buryo butemewe ubucuruzi bw’amafaranga hakoreshejwe ikoranabuhanga.

Mubusanzwe abashoyemo amafaranga muri STT, bagiraga inyungu bahabwaga ku munsi bitewe n’umubare w’amafaranga bashoyemo. Amafaranga make umuntu yashoboraga gushoramo ni $75 (Frw 107,000) mu gihe amenshi yari $30,000 (Rwf miliyoni 38).

Nyuma yuko BNR ibijemo, iyi STT yahise ifunga imiryango bituma abashoyemo baheba amafaranga yabo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore wa nyakwigendera Dr Adel Zrane yatangaje ko umugabo we yitabye Imana atabonye umwana wabo wa 2

Udushya dukomeje kuba twinshi muri ruhago y’i Nyarugenge! Mu cyumweru kimwe gusa, umukinnyi yakinanye amapingu, none ubu abandi bacenganye mu kibuga babisikana n’inka