in

Umuvugizi wa Rayon Sports Ngabo Roben nawe yahamije umunyamakuru w’imikino abona uzi kogeza imipira kurusha abandi mu Rwanda

Umuvugizi wa Rayon Sports Ngabo Roben nawe yahamije umunyamakuru w’imikino abona uzi kogeza imipira kurusha abandi mu Rwanda.

Ibi yabihamije nyuma y’uko hari umwe mu bakoresha urubuga rwa X rwajoze ari Twitter yatangaje ko Axel Rugangura wa RBA, abona ariwe munyamakuru wa mbere mu Rwanda uzi koheza imipira.

Uyu wiyita ‘Umusore wibana’ kuri X yagize ati “Rugangura axel niwe munyamakuru wambere mu Rwanda uzi kogeza umupira kurusha abandi bose!”

Nyuma y’ubu butumwa, umuvugizi wa Rayon Sports, Ngabo Roben yahise abyemeza agira ati “Nta kabuza.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubutabera kuri TITI! Ibyamamare byahagurukiye gusabira Titi Brown ubutabera nyuma kumva ko yafungishijwe n’abagabo babiri bakomeye

Kiyovu Sports ishobora gusubiramu cyiciro cya Kabiri abayovu nibadahaguruka ngo bahagarare